![]() |
||||||||||
|
||||||||||
Friday 27 January 2012
![]() Kuva kuwa mbere, tariki 16 Mutarama 2012, abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’amatora bari mu mahugurwa ya BRIDGE ( Building Ressources in Democracy , Good Governance and Elections ), icyiciro cya kabiri, agamije kubongerera ubumenyi mu birebana n’imiyoborere y’amatora. Aya mahugurwa yitabiriwe n’abakozi makumyabiri (20) biganjemo cyane cyane abashinzwe gutegura, kuyobora no guhuza ibikorwa by’ amatora mu Ntara no muri zones zose z’Uturere twose tugize u Rwanda. Abitabiriye aya mahugurwa ya BRIDGE icyiciro cya kabiri barahugurwa ku bijyanye n’imiyoborere y’amatora muri rusange, ariko by’umwihariko muri iki cyiciro, biga ‘modules’ eshatu (3) arizo :
Inzobere zihugura ni Madamu RINDAI CHIPFUNDE VAVA na Bwana HARRIS POTANI, bombi bakaba ari impuguke muri BRIDGE. Biteganyijwe ko aya mahugurwa y’iminsi 10, azasozwa kuri uyu wa gatatu, tariki 25 Mutarama 2012. Communication Officer. |
![]()
![]() |
|||||||||
| © 2012 Government of the Republic of Rwanda - National Electoral Commission |
||||||||||